Saturday, May 2, 2015

UMUTUTSIKAZI ASNAH UMUMARARUNGU AKABA NUMUKUNZI WUNDI MUTUTSI WUMUHANZI RIDERMAN YABWIYE INDAYA BAKORANAGA UWO MWUGA KO WE YAKUYEMO AKE KARENGE

BY NKURANGA EMILE,

Uututsikazi Asnah ndetse akaba n' Umukunzi w'undi mututsi akaba n’umuhanzi Riderman cyangwa se Gatsinzi Emery, aherutse gukorera bagenzi be bakorana umurimo wubumaraya agashya. Muti ese byagenze bite. Uyu mugore yagiye kumbuga nkoranyambaga za twitter  na facebook maze yandika amagambo akarishye cyane abwira bagenzi bakoranaga akazi kubumaraya abihanangiriza ko batagombye gukomeza kumukanurira amaso bamuziza ko yigirihe amahirwe agahangukira umuhanzi Riderman maze bo bagasigara banitse innyo inyarugenge. Yagize ati: " 

1430502708_capture_20150501_193148

Uwagenekereza mukinyarwanda nubwo ibyinshi muraya magambo koko bigaragaza ko bitavugwaga numuntu ufite uburere nyarwanda ahubwo ko ari umuntu waba yaragize umwuga ubumaraya nkuko mubisoma muriyi nyandiko yagize ati: "mugihe cyose abantu bashatse kugutemana namashami yawe cg se bakakunegurira aho utari nukuvugako baba bafashe igihe mubuzima bwabo buteye agahiri nagahinda bakagutekerezaho. Nkunda kubabarira abantu incuro nyinshi ariko iyo maze gufata icyemezo biba birangiye,,BIRARANGIYE MWA NDAYA MWE!!!!. Ntimukomeze kumvugaho amabyi yanyu niba mudashobora nokunyegera. Ese mwaba muhangayikishijwe nuko mugiye kumbura kandi twaramaranye igihe cyinshi hamwe cg? Murakiswera mwamaraya mwe ziyita incuti zanjye ariko ugasanga ziragenda zintera ibyuma mumugongo. Amakosa nakoze kuruta ayandi nuko nemereye abantu kuba mubuzima bwanjye igihe kirekire kandi batari babikwiye."

Ahangaha tubibutse ko uyu mukobwa umararungu Asnah yaramaze imyaka irenga umunani akundana n’umuhanzi uzwi nka Riderman. Nkuko bisanzwe hano ikigali rero mubakobwa binshinzi nka Asnah nawe yaje kwifata kugahanga maze yihanangiriza bamwe mu bakobwa avugako ari incuti ze. 

asina
UMUMARARUNGU ASNAH
Ngo icyababaje Asinah cyane nuko abamugambanira ari zimwe muncuti ze basangiye akabisi nagahiye. Yakomeje avuga ko ya nabitewe n’umubabaro mwinshi kubera abantu bamwe najyaga nita inshuti zanjye, tugendana, dusohokana bamvuzeho ibintu bitari byiza, bavuga ibintu bihimbiye ntazi  aho byavuye. So, birambabaza cyane rero  bituma bose mbabwiza ukuri kose kwari kundi k’umutima. Numva nta n’uwo nshaka kuzongera  kugendana nawe, kuba naganira nawe cyangwa se no kugira aho twahurira bose nabazinutswe ni nk’ubutumwa nabaherezaga kuko abenshi muri bo bariyizi kandi nizere ko bashyizeho akadomo kuko nanjye nagashyizeho.”,
DSC0201Asinah umaze igihe kinini akundana n’umuhanzi Riderman ndetse bakaba bakunze kumvikana mu itangazamakuru bavugako bari hafi kubana nk’umugore n’umugabo.
Riderman_na_ASS-793d4
Biravugwako intandaro y’ibi byose ndetse n’icyateye uburakari bukabije uyu mukobwa, Amakuru agera kuri Ibyamamare.com, biravugwako mu minsi ishize uyu mukobwa Asinah yasokanye n’aba bakobwa yafataga nk’inshuti ze magara maze bakajya kwinezeza muri kamwe mutubyiniro duherereye hano mu mujyi wa Kigali aho barikumwe n’ikindi kigare cy’abasore ariko Riderman adahari, Aba basore n’aba bakobwa bamaze kunezererwa mu masaha y’ijoro ahagana mu masaha ya saa cyenda, Aba bose yaba aba basore n’aba bakobwa ngo batashye murugo rumwe, bukeye bwaho aba bakobwa b’inshuti za Asinah ngo bamuvuyemo maze bavuga ibyabaye byose muri iryo joro ndetse bizanokugera kuri Riderman, aho binavugwako uyu mukobwa ashobora kuba yari yanasinze bikabije.

No comments:

Post a Comment