Saturday, June 4, 2016

INTORE NOGUSENYA AMAGO YABANDI BIBAYE UMWUGA: INTORE JABO HIGIRO BUTERA YATAYE UMUGORE NUMWANA MUBWONGEREZA AZA GUSENYA URUGO RWA MUBYARA WE ERIC AMUPFUBURIRA UMUGORE

By MBARUBUKEYE

JABO HIGIRO BUTERA

Ngo akabaye icwende ntikoga. Umuvumo ukomeje gukurikirana intore za FPR haba hano mu Rwanda no mumahanga ngo ntukigira umuti. Yewe no guterekera Ryangombe ntibigishoboye gufasha FPR nabafana bayo aho umuzimu wubusambanyi ukomeje guteranya bene Kanjogera. Munkuru zacu zishize twabagejejeho uko zimwe muntore namanekoa za FPR zikomeje kukameza mugihugu cya UK, Canada na France. Murizo ntore muribuka ko twabagejejeho Intore imwe yitwa Bwana JABO NDAHIRO BUTERA wari warashinze ikompanyi yo gutekinika yitwa Jabo Enterprises Limited yabarizwaga mugace ka  Unit 5. Syac Building, 120 The Wicker, Sheffield, S3 8JD. Ariko kuva aho ibinyamakuru byacu bimariye kubashirira kukarubanda twamagana ubugome bwabo nubugambanyi bahise bafunga iyo Kompanyi maze basubira mu Rwanda igitaraganya. Jabo rero ageze mugihugu cyu Rwanda ntiyaretse ingeso ze z'ubusambanyi. Yahise yadukira umugore wa mubyarawe maze sukumupfubura karahava. Sibyo gusa kandi kuko Jabo yataye umugore n umwana wumuhungu mugihugu cyu Ubwongereza mukarere ka Sheffield. 



JABO ABANDONNED A MOTHER AND SON IN SHEFFIELD (JABO YATAWE UMWANA WUMUHUNGU NA NYINE MUMUGI WA SHEFFIELD MU BWONGEREZA)

Nkuko tubikesha nyina wumwana tutashatse kuvuga izina kubera ikibazo cyumutekano we kandi numwana udashaka gukura ariko mubinyamakuru. Bwana Jabo Butera yatangije ikompanyi yo gukubura nuyu mukobwa ukomoka mu gace ka Bukavu muri Congo. Hanyuma ariko iyo kompanyi bombi bari bafitemo imigabane ingana ariko nyuma Butera imigambi ye yokugambanira impunzi imaze kumenyekana yahisemo kuyigurisha atabwiye umugore we uzwi kwizina rya L. Maze ahinda agaruka mu Rwanda ikitaraganya. Ubu ako kana kagahungu kamaze kuzuza umwaka kandi Butera Jabo nta nigikwasi yigeze abagurira cg se ngo abashe no gusubira mubwongereza kureba umwana. Amafranga yashoboye kugurisha iyo companyi yogukubura ngo agera kubihumbi $40000 byamadolari. None uyu mubyeyi aratabaza abaza umuntu wese yaba aziho bwana Jabo Butera aherereye hano i Kigali kwihutira kubimenyesha inzego zubucamanza kugirango uyu mugabo yemere umwana we wumuhugu. Sibyo gusa kandi nkuko mubigiye kubyibonera bwana Jabo Butera yageze hano mu Rwanda maze aza kujya asambanya umugore wa Mubyarawe Butera tutiriwe dutangaza amafoto kukotuyafite kubera kurengera Eric umaze iminsi acibwa inyuma numugore we yishakiye kandi akabikorerwa na mubyara we Jabo Butera.

JABO HIGIRO BUTERA ATI UZAKORE KUBURYO UMUGABO WAWE ATAMENYA KO ARINJYE UGUPFUBURA KUKO YATUMERERA NABI. ESE NONEHO N UWUHE MUZIMU URIMO GUKORERA MUNTORE KO ZA SIZOYE MUGUSENYERANA INGO HABA HANO MU RWANDA CG MUBIHUGU BYO HANZE TURABIGENZA DUTE



No comments:

Post a Comment