Wednesday, February 25, 2015

KIGALI: ABATURAGE BA BUMBOGO BAHANGANYE NA POLISI YA FPR KUBERAKO IKOMEJE KUBICA URWAGASHINYAGURO IKANABASENYERA AMAZU

BY BYIRINGIRO SEMIGRASIYO
JPEG - 488.6 ko
ABATURAGE BA BUMBOGO MUMYIGARAGAMBYO BAMAGANA FPR KUBA ILIMO KUBASENYERA AMAZU

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24 Gashyantare 2015 mu Mudugudu wa Muhozi, Akagari ka Kinyaga, Umurenge wa Bumbogo ho mu Karere ka Gasabo abaturage bari barakaye cyane bahanganye nabambari ba FPR nabapolisi ndetse nabalocal defense nyuma y’ uko ubuyobozi bw’Umudugudu bufatanyije napolisi ya FPR balimo gusenya amazu yabaturage abesnhi bazirako ari abahutu. Abaturage bamaze kubirambirwa kuberako ariko iyi leta imaze imyaka ibigenza babajwe nuko umwe mubaturage ba Bumbogo nawe yasenyewe inzu na FPR bahisemo kwigaragambya. Abaturage bariye karungu bagiye no kubuyobozi bwa FPR muraka gace  biyemeza guhangana n’ababasenyeye kugeza aho nabo bari bagiye gusenyera intore nkuru ya FPR ushinzwe umutekano mu Mudugudu, bashinja ubuyobozi bwa FPR ko bwibanze mukurya ruswa ikabije maze bakarenganya umwe muri bagenzi babo ariwe Bamurange Nadia.

Abanyamakuru bacu bahasanze uwasenyewe inzu na FPR ariwe madamu Bamurange Nadia arira cyane avuza induru, yadutangarije ko ubwo yari Kimironko akumva baramuhamagaye kuri telefoni ngo naze arebe inzu ye abagize Komite y’Umudugudu bari kuyisenya yagize ngo nibikino. Koko ahageze asanga bamaze kuyishyira hasi kandi byamutwaye amafrangamenshi kgo ayubake nkuko yarieze uyu munsi.

Ubwo abanyamakuru ba RWANDA ONLINE NEWS twahageraga twasanze abaturage benshi mu mihanda bugufi bw’ahari inzu yahenywe nabakozi ba FPR kandi hari hanari abasirikali ba FPR bari bahurujwe kugirango batatanywe abaturage baho muguhosha  izo mvururu kuko abaturage basaga nk’abariye karugu bahiga abakozi ba FPR balimo Umukuru w’umudugudu, n’uwa Kagali, ari nako bari bamaze kubuzwa gutera amabuye ku nzu y’ushinzwe umutekano muri uwo mudugudu.Nk’uko ababonye biba twahasanze babidutanagrije, abaturage bamaze kubona iyi nzu isenywe, bavuze ko uyu mudamu ari we wabonewe kuko nkuko babitweretse iyi nzu ikikijwe n’izindi ziri kuzamurwa mu buryo bumwe. Ariko kuko ari umuhutukazi kandi akaba yanaranze guha intore za FPR ruswa igera kubihumbi 400 uteranyije. Ibi bikaba ari byo byahembereye uburakari bw’abaturage.
UMWE MUBASORE BO KU MURENGE WA BUMBOGO AMAZE KURASWA NABASIRIKALI BA FPR
AJYANYWE KUBITARO 


Ubwo abagize DASSO bahisemo gukuramo akabo karenge, umupolisi wari uhari yashatse kubakangisha imbunda abereka ko ashaka kurasa yakokingaga (to choke), ntibyabakanga bagahitamo kumwegera no kumusingira. Byerekana ko abanyarwanda barambiwe ingoma ya FPR nagatsiko kabatutsi bintagonwa bibisahiranda bigamije kunyunyuza imitsi yabanyarwanda cyane iyabahutu bakabasiga ntanurwara rwo kwishima bakigira. 

Aba baturage byagaragaraga ko bariye karungu, byabaye ngombwa ko hitabazwa bamwe mubasirikali ba FPR barangwa no kwanga abahutu cyane kuko barasa byo kwica ndetse n’Umuyobozi w’Umurenge nawe yari amaze kuhagera bagerageza kwegera abaturage, berekeza aho inzu yasenywe, ari nabwo Ubuyobozi bw’Umurenge bwahise bubakoresha inama y’igitaraganya. Muriyo nama umuyobozi wumurenge yabateye ubwoba abibutsako arabahutu ko ntajambo bafite muriki gihugu ko nibagumya kwigaragambya bararegwa ibyaha byo kubangamira ubutegetsi bwa FPR bagamije guhirika leta. Kuribi byaba nibinini cyane kuko bihanishwa igihano cyurupfu kubantu bari abahutu no gufungwa imyaka 25 kumuntu ukomoka mubatutsi. 
ABATURAGE BA GASABO BAHANGANYE NA POLISI YA FPR 

Nyuma y’umwanya munini ariko abaturage banze gukomeza guturutumywa no guterwa ubwoba bagumya kwaka ubutabera iyi leta yabicanyi. Ibyagaragaraga byo nuko abanyarwanda bamaze gutinyuka iyi leta yabicanyi ntutsi. Ikindi nuko wasangaga abaturage bose bemeza ko ibyo byose biri guterwa n’umuyobozi mushya w’Umurenge Nduwayezu Alfred (kuko atarahamara igihe kigeze ku mezi abiri).uyu Nduwayezu Alfred yazanywe na FPR muri gahunda yo gukenesha abantu bose babahutu bigaragara ko barimo kugira imishinga yagombye kubateza imbere. Abaturage bamaze kumenya gahunda zamuzanye hano bemeza ko bifuza ko harebwa ahandi ajyanwa kuyobora, nyuma yo gukorana inama nabo bagaragaje ko hari uko bari bamuzi atameze aho banamwibwiriye ko bamufataga nk’Igikoko cyaje kubamira bunguri. 

Aba abaturage bavugaga ko abayobozi b’Imidugudu iyo baje kugira icyo babasaba gukora babawira ngo gira vuba "Umulasita atariyizira" (izina abo bayobozi b’imidugudu bahaye uw’Umurenge) ku buryo ngo abataramumenya bumvaga ateye ubwoba.Uyu muyobozi yabasabye gushyiraho umunsi bumva bagahura bakaganira kuri ibyo bibazo. Gusa ntibizoroha kuko FPR ifite gahunda ndende yokwica abahutu urubozo kandi ikanabasahura kuburyo basigara ari abatindi nyakujya.Uyu mubyeyi wari umaze gukora iyo bwabaga kugirango agire inzu nyuma yimyaka myinshi FPR yaramusenye ikanasengera imiryango nababyeyi be akiri mutoya. 
JPEG - 690.8 ko
Bamurange Nadia yicaye mu itongo arira aho FPR yarimaze kumusenye
imuryoza ko ari umuhutukazi

Mu kiganiro twagiranye na Bamurange nyiri ugusenyerwa ubwo twasanga arira cyane, yadutanagarije ko ibi byabanjirijwe n’umuyobozi w’Akagari wamuhamagaye akamubwira ngo bahurire muri Gare ya Kimironko baganire ku by’inzu ye yubatse nta byangombwa afite. Bamurange ngo yahuye n’uyu Muyobozi ngo nyuma amusaba ko yaba amushakiye amafaranga ya ruswa ibihumbi 50 ariko undi yanga kuyamuha amubwira ko kubera ibikorwa byo kubaka ntayo yabona, akemeza ko hafi ya buri munsi yajyaga amuhamagara agamije kumwaka iyo ruswa, nkuko yabyerekanaga muri telefoni ye.

Umuyobozi w’Umurenge wa Bumbogo, Nduwayezu Alfred yadutangarije ko kubera ikibazo cy’uburyo Umujyi uri gukura kandi ari ahantu usanga hakiboneka ibibanza bya make, hari kuboneka ibibazo by’abahaza benshi bashaka gutanguranwa batura mu buryo butemewe n’amategeko nabo bagafatirana babakumira kugira ngo hubahirizwe igishushanyo- mbonera, ari byo bikurura ibi bibazo. Ariko abaturage twabajije siko babibona ahubwo kibazo abesnhi babona nuko hasenyerwa abahutu gusa naho amazu yabatutsi agasigazwa. Uyu mudmu koko ntiyaratuye wenyine ahubwo twahasanze andi mazu yasigaye ahagaze tubajije banyirayo dusanga ari bamwe  mubatutsi baturutse i bugande bafite abahungu mugisirikali cya FPR. Akaba anaribo bashaka iki kibanza uyu mugamu yari yarubatsemo'.

Kuwa Kane w’icyumweru gishize, ngo nibwo baje baramusenyera ariko bahirika uruhande rumwe rw’inzu, ariko nyuma nawe arongera araruzamura, aribwo ubu bongeraga kuyihirika yose.
Mu gihe Bamurange yiyemerera ko yubatse iyi nzu abizi ko nta byangombwa afite kubera amafaranga ngo yacibwaga agasanga atayafite, ahuza n’abaturanyi be bose bemeza ko hari izindi nzu ndetse zirimo n’izo begeranye bubakiye rimwe kandi nazo zidafite ibyangombwa ariko zo abamusenyeye bakababirinda kuzirebaho. Kuko nkuko twabsbanuye arizabatutsi bo muri FPR.


Bamurange Nadia wasenyewe iyi nzu afite abana babiri n’umugabo, ubusanzwe akaba akodesha mu Murenge wa Kimironko. Inzu ye yasenywe yari imaze gusakarwa no gukingwa, ikaba yari ifite ibyumba bitatu na salo. Urugi rumwe ndetse n’amabati 36 yari ayisakaye, nyuma yo kuyisenya abakoze iki gikorwa bahise babipakira imodoka babijyana ku Murenge.
JPEG - 626.3 ko
Inzu yose bayishyize hasi
JPEG - 577.5 ko
BAMURANGE ARIRA AMAZE GUSENYERWA INZU YE NA LETA YA FPR

JPEG - 656.1 ko
Add captionAbaturanyi ba Bamurange bavugaga ko bitumvikana

JPEG - 596.6 ko
UYU MUGABO YABABAJWE CYANE NUKUNTU ABAKURU BUMURENGE BARENGANYA ABATURAGE AHO KUBA
RENGANURA.

JPEG - 602.6 ko
MUBYUKURI HARI IBINTU BIBIRI BAMURANGE YAZIZE ICYAMBERE NUKUBA ARI UMUHUTUKAZI
ICYAKABIRI NUKUBA YARANZE GUTANGA RUSWA YA 400000

JPEG - 775.4 ko
JPEG - 428.2 ko
NGIYO INTORE ALFRED TWAGIRAYEZU YAFASHWE NIKIMWARO AHO ABATURAGE
BOSE BYAGARAGARAGA KO BABONA KO ARIWE UBISHE

No comments:

Post a Comment