Tuesday, May 16, 2017

UBUSAMBANYI BWA PR GITWAZA PAUL NIMIDUGARARO MWIDINI RYE ZION TEMPLE NIMWE MUNGERO ZUKO NTAMUTUTSI UBA UMUROKORE NUMWE

Pr GITWAZA numwe mubatutsi bakomeye knadi babahezanguni babayeho mugihe cyacu. Uretse uburimanganyi, ubuhemu, nubukobanyi, Pr Gitwaza avugwaho ubusambanyi bukabije. Ibyo bikaba byarateye Itorero rya Dr Paul Gitwaza muri iyi minsi ryibasiwe n’akaga gakomeye karimo gucikamo ibice (Kwicomokora), kutumvikana, kutizerana, amanyanga, nubusambanyi no gupfubura no kwikanyiza ibi akaba ari bimwe mu bitumye iri torero risa nirigeze aharindimuka.

IRI TORERO RERO RYATANGIJWE NABATUTSI BALI BATAHUTSE BASHAKA AHO BAJYA BASHIMIRA IMANA KUBA NGO YARABAGABIJE ABAHUTU BAKABAFATANA IGIHUGU

Ibi byose bikaba bigaragarira muburyo bunyuranye abayoboke baryo batazi igihe itorero ryatangiriye ndetse nabayobozi ubwabo ntibazi igihe ryandikiwe. Bamwe bavuga ko Zion Temple (Itorero rya Dr Gitwaza) yatangiye mu mwaka wa 1995, abandi ngo ni mu 1996 abandi mu 1999.

Dr Gitwaza amaze yavuye muri Congo nyuma azakwerekeza iya nyuma ya i Nairobi aza kuhava kuvuga ubutumwa mu Rwanda, ibyo gukomereza muri Amerika birangirira aho. Tubibutseko hari umugambi wa Amerika wo gufata abatutsi bose bo mukarere ikabajyana muri America ikazongera kubakoresha baza kubuza amahoro akarere nimururwo rwego Gitwaza yagombaga kujya USA.

Urugero rwa mbere: Rutabayiru.

Mu mwaka w’i 2004, uwari Vice mayor w’umujyi wa Kigali witwaga Rutabayiru, umugabo wahoze ari impunzi i Burundi, yamenye ko umukobwa we atwite umwana w’umuhutu. Uwo musore wamuteye inda bariganaga mu ishuli rikuru rya KIST. Barakundanye rero batitaye ku moko yabo noneho igihe kigeze umukobwa abwira nyina ko afite umukunzi ashaka kuzazana i muhira kugirango bamenyane hanyuma hazakulikireho imihango ya kinyarwanda yo gusaba umugeni, cyane ko yari anatwite inda ye. Inkuru yageze kuri se igihugu gicika umugongo. Amusaba ko iyo nda bayikuramo ariko umukobwa we agira ubutwari bwo kubyanga kuko yakundaga umuhungu cyane. Umugabo yahise ashaka abagizi ba nabi batangira gutera umusore ubwoba ndetse bimuviramo no guhunga igihugu. Nyamugabo ntiyarekeye aho ahubwo yashatse abantu bafata wa mukobwa we bamuha ibinini bikuramo inda ku ngufu. Uyu Rutabayiru yanyuze imbere y’urukiko rusanga ibyo yakoze bidakabije, rumuhanisha gutaha iwe mu rugo ubuzima bugakomeza ! Iyo byibuze bamuhanisha kujya avugira agasengesho uwo muziranenge yambuye ubuzima!

Ese mbaze. Iyo umubyeyi wakoze ibyo aza kuba umuhutu wanze ko umukobwa we abyarana n’umututsi, mukeka ko yari kuba umwere nka Rutabayiru, cyangwa impembe zari gukomana ngo Ingengabitekerezo ya jenoside irakomeje? Mu Rwanda hasigaye hari ubucamanza bubiri, bugenewe ibyiciro bibiri!

UBURYO GITWAZA AKORANA NA MASHITANI

Intumwa ya Satani Gitwaza, yirukanye aba Bishop batatu n’umupasiteri umwe mu itorero ayoboye rya Zion Temple aho abashinja kugumuka, yanahaye kandi uburenganzira abashaka kubakurikire aho bagiye. Yabaturiyeho Umugisha w’Imana.
Intumwa ya Satani Dr Paul Gitwaza, yatangaje ku mugaragaro ko bamwe mu bakozi b’Imana bamufashaga mu murimo mu itorero rya Zion Temple aho riri hose ku Isi batakiri kumwe nawe, ko nta burenganzira na bucye bwo kongera kubwiriza mu nsengero za Zion Temple aho ziri hose.
Intumwa ya Satani Paul Gitwaza, avuga ko aba bakozi b’Imana birukanywe muri Zion Temple bagumutse mu itorero bakajya kwifatanya n’abandi ashinja kuba baratwaye itorero n’ibikoresho.
Abirukanywe nkuko Intumwa ya Satani  Paul Gitwaza abivuga ni ; Bishop Bienvenue Kukimunu, Bishop Claude Okitembo Djessa, Bishop Richard Muya, Bishop Dieudone Vuningoma na Pasiteri Kamanzi Patrick. Aba bose ngo ntabwo bakibarizwa mu muryango wa Zion Temple.
Intumwa ya Satani  Gitwaza agira kandi ati :” Gusa, imirimo bazakora yose, ibyo bifuza kuzageraho bazabikore, ndabasabira amahirwe y’Imana, Imirimo yose bazakora Imana izabayobore bazajyane abantu mu ijuru ariko mu muryango Zion Temple ku Isi barahagaze.”
Intumwa ya Satani Gitwaza, avuga kandi ko nka Zion Temple bazashyigikira ibyo aba birukanywe bakora nihaba Umwuka w’Imana no guca bugufi, ko kandi ni bagaruka bazakirwa ngo kuko itorero rya Kirisito igihe cyose ari idirishya ry’Urukundo, idirishya ry’imbabazi. Gusa na none ngo guca bugufi no kwihana kutarimo uburyarya no kubeshyana ngo nibyo byazatuma bakomezanya hamwe. Yahaye kandi uburenganzira umukirisito wese wumva ashaka gukurikira abagumutse bagacibwa muri Zion Temple kubakurikira.
Intumwa ya Satani Paul Gitwaza
Aha yagize ati :” Rero bakirisito ba Zion Temple, abarimo bajya gusengera kuri Amani guest house n’ahandi hose ndabasaba ngo abifuza gukorana nabo mwese mugende kandi turabaha urwandiko( Recommandation).
Uwumva ko Bishop ari umubyeyi we yaramufashije mu buzima, afitanye isano nawe, yifuza gukorana nawe, ndasaba adiministrateur Bulambo umwandikire urwandiko rwiza amushimire agende.” Gusa ngo ikitazihanganirwa ni ukurya hombi( kuhaba hombi). Ugiye ngo umwanya n’imirimo yari afite muri Zion Temple nta kongera kubitekereza, uzaza wese azaza nk’umushyitsi.

UKO ROHO MUTAGATIFU YAJE KUVA KUMUTUTSI GITWAZA PAUL KUBERA UBURIGANYA

Joel Sengoga yatanze miliyoni y’amafaranga ari muri gahunda zo gushaka aho Zion Temple ya Gitwaza izajya iteranira ariko ayo mafaranga ku babizi afatwa nka ruswa yatanzwe aho kuba aya komisiyo.

Felix Ngando, Emile Charles Ngendahayo na Gakunde Felex bari bagize komite ya Zion Temple, ariko habamo amakimbirane kuko Ngando yategetse ko na we yasengerwa.

Bitangira Gitwaza yavugaga ko nta rindi shami azafungura ngo niko Imana yamubwiye kandi ngo atazarenza abakirisitu 200.000.

Shumbusho yashatse kwamburwa na Gitwaza Zion ya Arusha ariko arayimwima ayiyandikishaho, kuko atagombaga kugaruka mu Rwanda kubera ko akazi ke kari karangiye ataza ngo abe umushomeri.

Urusengero rwa Rwamagana rwatangiwe n’umuntu umwe amaze kurwubaka, Gitwaza ashaka kurumwaka ashyiraho Kalisa wahoze ayoboye isosiye ishinzwe umutekano nyuma yo kuva mu gipolisi, akaba ari yo ntandaro y’ibyabayeyo ngo bashakaga gutwikisha Gitwaza lisansi ndetse bamwe bagafungwa kubera ko yashakaga kubanyaga urusengero kandi nta kintu yabafashije ajya kurishinga. Ngo nta n’ibati yabahayeho mu kuyubaka.

Zion Temple ya Kinshasa yayatse Boudouin na ba Muya. Bishop Bienvenu Kukimunu yageze mu Burayi aherekeje umuntu wari waje muri Afurika Haguruka aturutse i Burayi akaza gupfira mu Rwanda. Bishop Bienvenu yari ashinzwe ivugabutumwa akaba ari yo mpamvu yaherekeje umurambo, uko niko yageze i Burayi.

Ageze i Burayi abakristo bamusaba ko bakodesha ahantu akabigisha nk’ukwezi, agumayo gutyo. Hashize imyaka nk’ibiri umugore we yahise abona ibyangombwa amusangayo bagumayo. Bishop Bienvenu ni we wishingiye Zion Temple, Gitwaza utarabigizemo uruhare nkuko amakuru abivuga aramutereta iramwitirirwa.

Inama yabereye kuri Amani Guest house Kicukiro yateraniyemo abashumba bakuru ba Zion, na we yari yayijemo cyane ko Gitwaza yari yamaze kwirukana abo bakoranaga bose, Bishop Bienvenu asubiye I Burayi ahita ahindura izina rya Zion ndetse n’abakirisitu bose baramukurikira, akaba ari ikintu gihangayikishije Dr Gitwaza kugeza ubwo anabyiyandikira kuri facebook.

Bishop Belge yifunguriye itorero Denmark Gitwaza amusaba ko yayita Zion Temple, ariko na yo ngo ntikiri mu maboko y’umushumba mukuru wa Zion ku isi nkuko bijya bivugwa.

Amakuru avuga ko Dr Gitwaza yaciye gutumira abavugabutumwa bakomeye mu giterane cy’ Afurika haguruka. Uje muri Afurika Haguruka ntagaruka. Pasiteri Boucher w’umutanzaniya uba Canada uhafite itorero akaba afite n’uruganda rukora Guitar yashwanye na Gitwaza ku mpamvu nkishakisha.

GITWAZA ATANGIZA BANK AKARYA AMAFRANGA YABAHUTU

Mu iperereza nakoze, abakirisitu basabwe gutanga ibihumbi maganabiri nk’umugabane shingiro (200.000 frs), mu nama bakoraga basabaga ko umugabane shingiro washyirwa ku ku bihumbi 50, Gitwaza arabyanga.

Icyo abakirisitu bakoze, batanze imigabane bageza kuri miliyoni 260 kandi BNR yarabasabaga kuba bafite nibura miliyoni 300. Miliyoni 40 zarabuze bituma Gitwaza avuga ko bakwiye kugura inzu Nyarutarama yari yashyizwe ku cyamunara ibya banki bikarangirira aho. Amakuru avuga ko igurwa ryayo abakirisitu batarimenye kandi igurwa mu mafaranga yari ateganijwe gutangiza banki, nyuma iragurishwa amafaranga asubizwa bamwe abandi kugeza ubu ntibarayahabwa.

Ibi byakuruye amakimbirane bituma Dr Gitwaza asaba imbabazi anategeka ko bakongera bakayigurisha. Abantu bazwi mu itorero basabye ko basubizwa amafaranga yabo, barayasubizwa abandi barimo batazi kwivugira barayahombye.

Umukobwa uzwi ku izina rya Mutima utuye i Gikondo yasabye ko yakwishyurwa miliyoni imwe yatanze nk’umugabane kugira ngo hatangizwe banki ariko ntarayahabwa kimwe n’abandi badashoboye kwivugira.

Amakuru avuga ko Gitwaza akorana na Pasiteri Joseph Nsanurwimo wahoze ayobora itorero rya pantekoti mu Rwanda mbere ya jenoside yakorewe abatutsi ndetse akaba yaranayigizemo uruhare.

Iby’iyi nkuru bigaragara mu nkuru ya Televiziyo RTBF ikorera mu Bubiligi, yakozwe n’umunyamakuru witwa Marianne Klaric. Iyo nkuru yari ifite umutwe uvuga ngo “Les génocidaires sont parmi nous” bisobanura ngo “Abakoze jenoside bari muri twe”


Ubutaha nzabagezaho inkuru igaragaza imishahara yahabwaga ababishopu bo muri Zion Temple, n’uburyo Bishop Vuningoma yaje kuvuga ko aba Bishop muri Zion Temple bagomba guhembwa umushahara ungana na Miliyoni buri kwezi.

ABATUTSIKAZI BAKATA MATOLA ZABO KWISHURI BAKABESHERA ABAKOBWA BABAHUTU

Urugero rwa kabiri: abana bo mu Ruhengeri.
Mu mpera z’umwaka w’amashuri 2007, mu ishuri ryitwa Ecole Secondaire de Kirambo riri mu Ruhengeri ahahoze ari Komini Cyeru, impembe zarakomanye ngo hadutse ingengabitekerezo ya jenoside mu bana.  Mu gihe abanyeshuli bari mu mashuri bakora étude, agatsiko katazwi kagiye mu nzu abakobwa baryamamo, bafata matora enye z’abanyeshuli bacitse ku icumu, matora bakayifata bakayisatura mu buhagarike (sens longitudinal) bakongera bakayisatura no mu butambike (sens transversal) ku buryo matora imwe bayicagamo ibice bine. Nyuma bayisubizaga ku gitanda bagashyiraho n’agapapuro kanditse ho ngo “Twarabishe, ntitwashoboye kubamara, ariko amaherezo tuzabasatura nk’uko izo matera zanyu twazigize”.  Etude irangiye abana bageze muri dortoir, babona ibyabaye n’ubwo butumwa, abagera kuri 60 bacitse ku icumu barahahamutse bajyanwa kwa muganga.

Polisi n’ingabo barahuruye, bihutira gufunga abana babiri b’abahutukazi ngo bakoze ibyo. Nyamara umuyobozi w’ishuri yigiriye inama nziza. Yasabye ko bamuha twa dupapuro twanditseho ya magambo aserereza abacitse kw’icumu, hagamijwe gutahurwa uwatwanditse bashingiye ku mukono we. Hakozwe copies nyinshi z’utwo dupapuro baduha abanyeshuli bose, babaha n’amakayi  y’abanyeshuli bose ngo bose bafatanye gutahura uwakoze icyaha. Mu gushakisha ukuri, amazina babanje kuyasiba ku makayi yose. Nyuma y’ibyo, abanyeshuli  bose bahurije kw’ikayi imwe. Ariko basanze ari iy’umukobwa w’umucikacumu , birangira bityo. Nta n’uwamubwiye ati ntuzongere.
Aha umuntu akaba yakwibaza ati : iyo biza kugaragara ko ari ba bahutukazi babikoze byari kugenda gute ?

No comments:

Post a Comment